Biravugwa ko Intara y'Iburasirazuba ariyo ishaka kugena amakipe amanuka muri shampiyona y'icyiciro cya kabiri, Etoile de l'Est na Muhazi United zikabigenderamo naho Bugesera FC na Sunrise FC zikabyungikiramo.
Umunyamakuru Issiaka Mulemba wakoreye ibitangazamakuru bitandukanye mu Rwanda birimo nka City Radio na Isango Stars, agiye kugaruka mu itangazamakuru nyuma y’imyaka itanu yari ishize akurikirana amasomo ajyanye na Siporo.
Ubwo FC Barcelona yatsindaga Valencia ibitego bine kuri bibiri, Umunya Pologne Robert Lewandowski yatsinze ibitego bitatu, byanafashije Barcelona kubona intsinzi.